28. Isuzuma riteguye nk’ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rwa Polisi.

IKIZAMINI

1 / 20

Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira
icyerekana umuvuduko kiri aho umuyobozi areba
neza kandi kigahora kitabwaho kugirango kigume
gukora neza:

2 / 20

Ibinyabiziga bihinga n’ibindi bikoresho
byihariye bikoreshwa n’ibigo bipatana imirimo,
iyo bigenda mu nzira nyabagendwa igihe cya
nijoro cyangwa bitewe n’uko ibihe bimeze
bitagishoboka kubona neza muri m 200 bishobora
kugaragazwa inyuma n’amatara 2 atukura, bipfa
kuba bitarenza ibipimo bikurikira:

3 / 20

Itara ndanganyuma rigomba gushyirwa aha
hakurikira:

4 / 20

Ahatari mu nsisiro ibyapa biburira n’ibyapa
byo gutambuka mbere bigomba gushyirwa mu
ntera ikurikira y’ahantu habyerekana:

5 / 20

Ibinyabiziga bigendeshwa na moteri, hatarimo
velomoteri n’ibinyabiziga bidapakiye umuvuduko
wabyo udashobora kurenga km 50 mu isaha
ahateganye bigomba kuba bifite ibikoresho
by’ihoni byumvikanira mu ntera ikurikira:

6 / 20

Amahoni y’ibinyabiziga bigendeshwa na
moteri agomba kohereza ijwi ry’injyana imwe
rikomeza kandi ridacengera amatwi ariko
ibinyabiziga bikurikira bishobora kugira ihoni
ridasanzwe ridahuye n’ibivuzwe haruguru:

7 / 20

Nk’umuyobozi w’ikinyabiziga, n’iyihe
myitwarire wagira?

8 / 20

Iki cyapa gisobanura Iki?

9 / 20

Iki cyapa gisobanura iki?

10 / 20

Ijambo “akayira” bivuga inzira nyabagendwa
ifunganye yagenewe gusa:

11 / 20

Ahantu ho kugendera mu muhanda herekanwa
n’ibimenyetso bimurika ibinyabiziga ntibishobora
kuhagenda :

12 / 20

Uburebure bw’ibinyabiziga bikurikira
ntibugomba kurenga metero 11 :

13 / 20

Uburebure bw’ibinyabiziga bikurikira
ntibugomba kurenga metero 11 :

14 / 20

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya
kanini aha hakurikira :

15 / 20

Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe ubugari
bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi
ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru
ariko amaze kureba ibi bikurikira:

16 / 20

Ibinyabiziga bikurikira bigomba gukorerwa
isuzumwa rimwe mu mezi 6:

17 / 20

Iyo itara ry’umuhondo rimyatsa rikoreshejwe
mu masangano y’amayira ahwanyije agaciro
rishyirwa ahagana he:

18 / 20

Ni iyihe feri ituma imodoka igenda buhoro
kandi igahagarara ku buryo bwizewe bubangutse
kandi nyabwo, uko imodoka yaba yikoreye kose
yaba igeze ahacuramye cyangwa ahaterera:

19 / 20

Iyo nta mategeko awugabanya by’umwihariko,
umuvuduko ntarengwa ku modoka zikoreshwa
nk’amavatiri y’ifasi cyangwa amatagisi zifite
uburemere bwemewe butarenga kilogarama 3500
ni:

20 / 20

Iyo amatara y’ikinyabiziga agomba gucanwa
kandi igihe imizigo isumba impera y’ikinyabiziga
ho metero irenga igice gihera cy’imizigo
kigaragazwa ku buryo bukurikira:

Your score is

0%

Subscribe
Notify of
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments