29. Isuzuma riteguye nk’ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rwa Polisi.

IKIZAMINI

1 / 20

Buri modoka cyangwa buri romoruki ikuruwe
n’iyo modoka bishobora kugira itara rituma
umuyobozi yerekana ko yabonye ikimenyetso
cy’uwitegura kumunyuraho. Iryo tara rifite
amabara akurikira:

2 / 20

Ahatari mu nsisiro ibyapa biburira n’ibyapa
byo gutambuka mbere bigomba gushyirwa mu
ntera ikurikira y’ahantu habyerekana:

3 / 20

Inkombe z’inzira nyabagendwa cyangwa
z’umuhanda zishobora kugaragazwa n’ibikoresho
ngarurarumuri. Ibyo bikoresho bigomba
gushyirwaho ku buryo abagenzi babibona ku
buryo bukurikira:

4 / 20

Ibinyabiziga bikurikira bigomba kugira
ibikoresho by’ihoni byumvikanira mu ntera ya m
20:

5 / 20

Icyapa kibuza kunyura kubindi binyabiziga
byose uretse ibinyamitende ibiri n’amapikipiki
adafite akanyabiziga ku ruhande gifite ibimenyetso
by’amabara akurikira:

6 / 20

Uretse ku byerekeye imihanda iromboreje
y’ibisate byinshi n’imihanda yimodoka igice
cy’umuhanda kiri hakurya y’umurongo mugari
wera ucibwa ku muhanda ngo ugaragaze inkombe
mpimbano zawo kigenewe ibi bikurikira:

7 / 20

Ibimenyetso by’agateganyo bigizwe
n’imitemeri y’ibara risa n’icunga rihishije
bishobora gusimbura ibi bikurikira:

8 / 20

Uretse igihe hari amategeko yihariye
akurikizwa muri ako karere ikinyabiziga cyose
gihagaze umwanya muto cyangwa munini, iyo
gihagaze mu mwanya wo kuruhande wagenewe
abanyamaguru, kugirango bashobore kugenda
batagombye kunyura mu muhanda, umuyobozi
agombye kubasigira akayira gafite byibura ibipimo bikurikira by’ubugari:

9 / 20

Usibye ibinyabiziga by'ingabo z'Igihugu,
Ikinyabiziga kigendeshwa na moteri kiriho ibyuma
ntamenwa cyangwa ikindi cyose gituma
gikoreshwa mu gutera cyangwa mu kwitabara
ntigishobora kugenda mu nzira nyabagendwa
kidafite uruhushya rwihariye. Urwo ruhushya
rutangwa naba bakurikira:

10 / 20

Buri modoka yagenewe gutwara abantu, ariko
umubare wabo ntarengwa ukaba munsi ya 6
umuyobozi abariwemo igomba kugira imikandara
yo kurinda ibyago igenewe aba bakurikira:

11 / 20

Iyo ikinyabiziga gikururwa n’inyamaswa
nacyo gikuruye ikindi uburebure bw’ibikururwa
bukaba burenga m 18 hatabariwemo icyo
kinyabiziga cya mbere kiziritseho hagomba ibi
bikurikira:

12 / 20

Iki cyapa cyivuga iki?

13 / 20

Iki cyapa gisobanura iki?

14 / 20

Iki Cyapa Gisobanura Iki?

 

15 / 20

Muri ibi byapa ni ubuhe bwoko bw’ibyapa bitegeka byo mu muhanda?

16 / 20

Iyo umuhanda ugabanijemo ibisate bibiri kandi
ugendwamo mu byerekezo byombi umuyobozi
abujijwe :

17 / 20

Iki cyapa gisobanura iki ?

 

18 / 20

Icyapa kivuga “icyerekezo gitegetswe”kigizwe
n’ikirango cy’ibara :

19 / 20

Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa :

20 / 20

Icyapa cyerekana ko bibujijwe kuvuza amahoni
kirangwa na :

Your score is

0%

Subscribe
Notify of
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments