Sadio Mane yakoze ubukwe mwibanga rikomeye cyane n’umukunzi we Aisha Tamba

Sadio Mané wavunzwe mu Rukundo n’Abakobwa batandukanye harimo n’umunyarwandakazi Kate Bashabe ndetse anavugwa murukundo n’umunyamakuru w’imikino ukorera ikinyamakuru cya Sky sports witwa Reddy Melissa.

ku munsi wejo hashi tariki 7 Mutarama 2024 nibwo hagiye amakuru hanze yuko umukinnyi w’imyaka 31 y’amavuko, wakiniye amakipe nka
Red Bull Salzburg,
Southampton , Liverpool na Bayern Munich ubu akaba akinira Al Nassr ndetse n’ikipe y’igihugu ya Senegal yakoze ubukwe mwibanga.

Ubu bukwe bwabereye mu gihugu cya Senegal munzu iherereye mu murwa mukuru wa Dakar yitwa Keur Massar, uyu musore udakunze gushyira hanze ubuzima bwe bwite yashakanye n’umukunzi we Aisha Tamba bigoranye ku mubonaho amakuru yaho akomoka cyangwa nicyo akora mu buzima bwe bwaburi munsi.

Subscribe
Notify of
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments