26. Isuzuma riteguye nk’ikizamini cy’uruhushya rw’agateganyo rwa Polisi.

IKIZAMINI

1 / 20

Umurongo w’umuhondo ucagaguye uciye ku
nkombe nyayo y’umuhanda, umusezero w’inzira
y’abanyamaguru cyangwa w’inkengero
y’umuhanda yegutse uvuga ibi bikurikira:

2 / 20

Ibyapa bibuza n’ibitegeka bikurikizwa gusa
aha hakurikira:

3 / 20

Mu migi no ku yindi mihanda y’igihugu
igenwa na minisitiri ushinzwe gutwara abantu
n’ibintu uburebure ntarengwa kuri buri mitambiko
3 ifungwaho ibiziga bine ni:

4 / 20

Ahari hejuru cyane y’ubuso bumurika
h’amatara ndangambere na ndanganyuma
ntihashobora kuba aharenze ibipimo bikurikira
hejuru y’ubutaka iyo ikinyabiziga kidapakiye:

5 / 20

Utuyira turi ku mpande z’umuhanda n’
inkengero zigiye hejuru biharirwa abanyamaguru
mu bihe bikurikira:

6 / 20

Ikinyabiziga kibujijwe guhagarara akanya
kanini aha hakurikira :

7 / 20

N’ayahe matara umuyobozi w’ikinyabiziga
agomba gukoresha mugihe cy’ibihu?

8 / 20

Iki cyapa gisobanura iki?

 

9 / 20

Iyo hagati y’uruhande rw’imbere rwa romoruki n’uruhande rw’inyuma rw’ikinyabiziga kiyikurura hari umwanya urenze m 3 ikibizirikanyije kigomba kugaragazwa ku buryo bukurikira iyo amatara y’ikinyabiziga agomba gucanwa:

10 / 20

Umuyobozi ugenda mu muhanda igihe ubugari bwawo budatuma anyuranaho nta nkomyi ashobora kunyura mu kayira k’abanyamaguru ariko amaze kureba ibi bikurikira:

11 / 20

Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa na moteri n’ibya velomoteri kimwe n’ibya romoruki zabyo bigomba kuba byambaye inziga zihagwa zifite amano n’ubujyakuzimu butari munsi ya milimetero imwe ku migongo yabyo yose, n’ubudodo bwabyo ntibugire ahantu na hamwe bugaragara kdi ntibigire aho byacitse bikomeye mu mpande zabyo. Ariko ibyo ntibikurikizwa ku binyabiziga bikurikira:

12 / 20

Iyo harimo indi myanya birabujijwe gutwara ku ntebe y’imbere y’imodoka abana badafite imyaka ikurikira:

13 / 20

Uretse mu mujyi kuyindi mihanda yajyenwe na minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu, uburemere ntarengwa ku binyabiziga bifite imitambiko itatu cyangwa irenga hatarimo mukuzungu ni :

14 / 20

Mu gihe telefone yawe ihamagawe utwaye imodoka wakora iki?

15 / 20

Urimo kugenda munzira nyabagendwa ni gute wanyura k’umuyobozi w’igare?

16 / 20

Ibinyabiziga bikoreshwa nka tagisi, bitegerereza abantu mu nzira nyabagendwa, bishobora gushyirwaho itara ryerekana ko ikinyabiziga kitakodeshejwe. Iryo tara rishyirwaho ku buryo bukurikira:

17 / 20

Mbere yo kunyura kumuyobozi
w’ikinyabiziga cy’imitende ibiri, ngomba gucana akaranga cyerekezo k’ibumoso?

18 / 20

Igihe umuyobozi w’inyamaswa, afite
inyamaswa idatuje, asaba ko ibinyabiziga
bihagarara:

19 / 20

Mu gihe utwaye ikinyabiziga uva kuri A
ugana kuri B, Iki kimenyetso kiri mu muhanda
kivuze iki ?

20 / 20

Iyo bwije kugeza bukeye cyangwa bitewe
n’uko ibihe bimeze nk’igihe cy’ibihu cyangwa
cy’imvura bitagishoboka kubona neza muri m 200,
udutsiko twose tw’abanyamaguru
nk’imperekerane cyangwa udutsiko
tw’abanyeshuri bari ku murongo bayobowe
n’umwarimu, iyo bagenda mu muhanda ku isonga
hakaba hari abantu barenze umwe bagomba
kugaragazwa kuburyo bukurikira :

Your score is

0%

Subscribe
Notify of
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments